Guverinoma y’u Rwanda iteganya ko, mu rwego rwo kwihutisha iterambere, muri buri Karere hazubakwa ikigo cya TVET cy’ikitegererezo. Bizakorwa mu myaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 2029, igihe cy...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Kamena, 2024, abanyeshuri 26,482 barimo abahungu 14,506 n’abakobwa 11,976 barangije amashuri yisumbuye mu masomo y’Imyuga n’Ubumenyingiro baratangira ibizamini ngiro bis...
Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko uruhare rw’abize Imyuga na Tekiniki rudashidikanywaho. Yabivugiye mu muhango wo kwakira impamyabumenyi zahawe abize imyuga na Tekiniki bara...
Hirya no hino mu Rwanda hatangiye ibizamini ngiro ku banyeshuri biga imyuga n’ubumenyi ngiro. Bavuga ko bazabitsinda kandi ko bafite ibikoresho bihagije byo kubafasha kubikora. Bamwe muri bo ni abiga ...
Muri imwe muri Hotel zo mu Mujyi wa Kigali, haraye habereye inama yatangirijwemo gahunda yo gukomeza gutyaza ubumenyi bw’abize amahoteli n’ubukerarugendo kugira ngo bazihangire imirimo cyangwa babe ab...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko ikigo cya Kigali kigisha ubuhanga n’ubumenyingiro, Rwanda Polytechique, IPRC-Kigali ifungwa, Taarifa yaje kumenya bimwe mu bishobora kuba byateye iri fungw...
Siyansi ni uruhurirane rw’ubumenyi runaka afite yakuye ku kwitegereza ibintu, kumenya uko bikora n’uko bikorana ndetse no kumenya uko byagirira abandi akamaro. Icyakora Siyansi nazo zigira amoko. Hari...






