Umunya Tunisia Yamen Zelfani yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali azanywe no gutoza Rayon Sports. Iyi kipe ni imwe mu zifite abafana benshi mu Rwanda kandi muri iki gihe abayizi bavuga k...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye ahaye icyemezo cy’uko bakoze kandi bakarangiza neza imyitozo y’ingabo, abasirikare 3000 bari bamaze amezi atandatu batorozwa i Nasho. Ikigo c...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora siporo mu minota itanu ntibya...
Ibiro by’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda byatangaje ko kuri uyu wa 15, Kamena, 2022 ari bwo imyitozo yahuzaga ingabo zo mu Karere yiswe Ushirikiano Imara 2022 yarangiye. Ni imyitozo igamije kongerera in...
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bari muri Uganda kugira ngo bifatanye na bagenzi babo bo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, batangiranye nabo imyitozo yiswe Ushirikiano Imara 2022. Bazayikorana na ba...
Lieutenant General Mubarakh Muganga, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka ari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu nama y’Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka bo muri Afurika. Ni inam...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. ...






