Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Kimwe mu byemeranywaho n’abahanga ko byerekana ko umuntu yatangiye gusaza ni ukudashobora guhagarara k’ukuguru kumwe byibura amasogonda 10. Bavuga ko iyo udashobora kubikora kandi utasinze...
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yabwiye abapolisi bari bamaze umwaka urenga batorezwa kuba ofisiye ko badashinzwe umutekano gusa, ahubwo bagomba no kugira uruhare mu iterambere ry’Abanyarwand...
Umuyobozi w’Ikigo gifasha abantu kugorora ingingo Cali Fitness gikorera i Nyarutarama witwa Ivan Munyengango avuga ko ikigo cye cyagize uruhare mu gutuma abantu 23,000 bagira umubiri ugororotse, bikab...
Itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda, RDF, riri mu yitwaye neza mu myitozo mpuzamahanga ya gisirikare yiswe Justified Accord 24 yari imaze ibyumweru bibiri ibera mu mashyamba ya Kenya. Yitabiriwe n’abasirikar...
Polisi y’u Rwanda yitabiriye irushanwa rihuza abapolisi bo mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku isi ribera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Ni irushanwa ry’iminsi itanu, u Rwanda rukaba rwar...
Urubyiruko rw’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, rwitwa Imbonerakure ruherutse kurangiza imyitozo y’Abaparakomando izarufasha mu kazi ka gisirikare ruri hafi koherezwamo muri Repubulika ...
Mu Karere ka Bugesera ahari ikigo gitoza abapolisi batabara aho rukomeye haraye habereye umuhango wo kwakira abagera kuri 228 barangije imyitozo y’ibanze agenga akazi kabo. Ni amasomo bita ‘Spec...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Kane taliki 17, Kanama, 2023 yeretswe uko ingabo z’u Rwanda zatorejwe i Gabiro zibigenza. Ni imyitozo ikomatanyije yahuj...
Mu Karere ka Bugesera habereye inama yahuje abasirikare n’abapolisi ndetse n’abasivili bahagarariye abandi bigira hamwe uko imyitozo ikomatanyije yitwa Ushirikiano Imara 2024 izakorwa. Iyi myitozo ng...









