Perezida wa Kenya William Ruto yahaye gasopo umunyapolitiki Raila Odinga, amusaba guhagarika ibikorwa byo gusaba abantu kwigaragambya kuko ngo nabikomeza nawe bitazabura kumugira ho ingaruka. Hashize ...
Imyagaragambyo imaze iminsi muri Suwede yafashe indi ntera ubwo abari bayirimo batwikaga igitabo gitagatifu cya Islam kitwa Korowani. Byarakaje abasilamu biganjemo abo muri Turikiya. Ubutegetsi bw’i A...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Aban...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Mutarama, 2023 ubutegetsi bwa Iran bwatangaje ko bwamanitse umunya Iran ufite inkomoko mu Bwongereza bwahamije ubutasi yakoreraga ikigo cy’ubutasi bw’A...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Mujyi wa Goma abaturage bariye karungu. Bazindutse bigaragambya bamagana MONUSCO bakavuga ko ntacyo ibamariye ndetse bamwe bashumitse imodoka ya MONUSCO irako...
Abantu barenga 100,000 bakoze imyigaragambyo mu Bufaransa bamagana gahunda ya leta yo kubangamira abantu batakingiwe COVID-19, nyuma y’iminsi mike ikomojweho na Perezida Emmanuel Macron ko izashyirwa ...
Gen Abdel Fattah Al-Burhane yatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Sudani aherutse guhirika ku butegetsi witwa Abdallah Hamdok yahise amufungira iwe[kwa Jenerali] kandi azasohoka yo ari uko akaduruvayo g...
Minisitiri w’Intebe wa Sudani witwa Abdalla Hamdok yatangaje ko igihugu cye kiri mu bibazo bya politiki biterwa n’uko bigoye ko abasirikare basubiza ubutegetsi abasivili. Yavuze ko igihugu cye kiri mu...
Mu bwami buto buri mu Majyepfo y’Umugabane W’Afurika bitwa e-Swatini hari imidugararo y’abaturage bavuga ko barambiwe ubwami, ko bashaka Repubulika. Ese bazabigeraho? Hari abemeza ko icyo abaturage ba...
Nyuma ya video imaze amasaha make isohotse yerekana abaturage bigaragambiriza imbere y’Ambasade y’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, Ambasaderi w’u Rwanda muri kiriya gihugu Bwana Vincen...








