Igice cy’umuhanda wa Goma kiri ahitwa Kimashini cyafunzwe n’abigaragambya bakoresheje amabuye. Ni igice cyahuzaga umuhanda Goma-Sake. Iyi myigaragambyo amakuru Taarifa ifite avuga ko yatangiye k...
Abigaragambya i Kinshasa batwitse imodoka ya UN kandi babwira abakozi b’uyu muryango mabi, bagaragaza ko batabishimiye. Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru wa UN muri Congo Kinshasa, akaba anakur...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaburiye abateguye imyigaragambyo yo kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Ukuboza, 2023 ko bitari bubahire. Visi Perezida wa DRC akaba na Minisitiri w’ubuteget...
Mu kigo kigisha Abanyarwanda uko umuntu aba umupolisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana habereye igikorwa cyo kwinjiza abapolisi mu kazi. Muri bo hari abatojwe guhosha imvururu ziterwa...
Ubucamanza bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwataye muri yombi umwe mu basirikare bakuru barinda Umukuru w’igihugu. Afunganywe n’undi uyobora ingabo zikorera i Goma. Bashinjwa uru...
Mu rwego rwo gukora isuzuma ry’uko ibintu byifashe n’uburyo byashyirwa ku murongo, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron kuri uyu wa Mbere taliki 03, Nyakanga, 2023 arahura n’Abayobozi b’Inteko ishing...
Guhera ku wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 bamwe mu baturage batangiye kwigaragambya bamagara manda ya gatatu bavuga ko Perezida w’igihugu cyabo Macky Sall ashaka kwiyamamariza. Baramagana Macky S...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Moussa Faki Mahamat yavuze ko imyigaragambyo imaze iminsi muri Kenya ari ikintu gihangayikishije Afurika muri rusange. Ubuyobozi bw’Afurika yunz...
Raila Odinga yabwiye abamushyigikiye ko bagomba kuzindukira mu myigaragambyo nk’uko babisezeranye. Yababwiye ko nawe ari buze kwitabira imyigaragambyo yo kuri uyu wa Mbere taliki 27, Werurwe, 2023. Y...
Abatuye umurwa mukuru wa Kenya, Nairobi, ntibatuje nk’uko byari bisanzwe kubera ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 20, Werurwe, 2023 ari bwo abashyigikiye Raila Odinga bateganya kwigaragambya....









