Mu mirenge ya Katabagemu, Nyagatare, Musheri na Matimba habaruwe hegitari 279 zari ziteyeho imyaka zangijwe n’umwuzure watewe n’imvura yaguye yuzuza umugezi w’Umuvumba. Imvura yaguye mu Majyaruguru y’...
Mu kiganiro Minisiteri y’ubutabazi ifatanyije n’izindi nzego yahaye itangazamakuru, yavuze ko ibiza byagwiriye u Rwanda mu minsi ishize byangije hegitari 2000 zari ziriho imyaka itandukanye kandi yari...
Abatuye Umurenge wa Coko mu Karere ka Gakenke baraye mu gahinda batewe n’uko imvura ivanze n’amahindu yangije hegitari zikabakaba 200 z’imyaka bari bitezeho amaramuko. Umwe mu bahatuye yatubwiye ko ya...
Mu kiganiro abategura amarushanwa yo kuba Miss Rwanda bahaye abanyamakuru batangaje ko imyaka yo kwiyamamariza kuba Miss Rwanda yongereweho indi myaka ine. Ababishaka bagombaga kuba batarengeje imyaka...



