Mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Musanze n’Akarere ka Gakenke haherutse gufatirwa abantu 21 Polisi ikurikiranyeho ubujura bushikuza abantu ibyabo. Umukwabo wa simusiga Polisi iherutse gukorera muri...
Perezida Kagame avuga ko ubwo yari afite imyaka 40 yatekerezaga ko nagira nka 50 azaba yarakoze byinshi bihagije ku buryo yaruhuka. Ariko yaje gusanga ahubwo ari bwo yari afite ibyo gukora kurushaho. ...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango FPR -Inkotanyi Wellars Gasamagera avuga ko amahame y’Umuryango FPR-Inkotanyi ari ay’igihe cyose ku buryo agaciro afite kazageza no mu myaka 100 kagikomeye. Gasamagera ...
North West w’imyaka 10 y’amavuko yatangaje ko ageze kure imyiteguro yo gusohora alubumu ya mbere yise ‘ Elementary School Dropout’. Niwe mwana wa mbere ku isi ku myaka 10 uzaba usohoye alubumu y’indi...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu taliki 29, Ukuboza, 2023 rwategetse ko umunyamakuru Uzabakiriho Gakire Fidèle afungwa imyaka itanu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukora no gukoresh...
Kubera ubujura, hari abaturage bo mu Mudugudu wa Cana, Akagari ka Musamo, Umurenge wa Ruhango bavuga ko ubujura bw’imyaka buri gutuma basarura imyaka iteze. Abajura barandura imyumbati, ibishyimbo n’a...
Leta y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa baraye bizihirije mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa. Abo muri uyu Murenge bavuga ko n...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yahuye n’abakora mu buhinzi birimo n’ababwigiye mu gihugu cye, baganira aho babona iki gihugu cyakomeza gushyira imbaraga mu gufasha u Rwanda mu guteza imber...
Ikigo cy’igihugu kita ku buhinzi n’ubworozi, RAB, kivuga ko impamvu ikomeye ituma umusaruro w’ibirayi urumba, ari uko abahinzi babihoza mu murima ntibabisimbuze ibindi myaka. Guhoza igihingwa kimwe mu...
Umugabo witwa Agahozo Josué mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango yabwiye abaturage uko yishe umwana we amunigishije umugozi arangije umuta mu bwiherero bwa metero 12. Ni nyuma y’uko afashwe n’aba...









