Mu kiganiro Minisiteri y’ubutabazi ifatanyije n’izindi nzego yahaye itangazamakuru, yavuze ko ibiza byagwiriye u Rwanda mu minsi ishize byangije hegitari 2000 zari ziriho imyaka itandukanye kandi yari...
Imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu bice bituranye na Muhanga na Ngororero yatumye umuhanda uhuza ibi bice ufungwa. Polisi ivuga ko wafunzwe mu rwego rwo kurinda ko hari abantu bawugiriramo impanuka. ...
Mu Murenge wa Kinyababa hari amakuru y’umugabo n’umugore we baraye batwawe n’amazi kugeza bakaba baburiwe irengero ubu ntibaraboneka. Umugabo yabonye umugore we arohamye, ajya kumurohora, ariko ...
I Musanze haraye haguye imvura iremereye k’uburyo yasenye inzu 228, yangiza n’ibindi bikorwaremezo. Imibare yatangajwe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, ivuga ko iyo mvura yangije inzu 228 n’ibikoni 8...
Mu rwego rwo guteguza Abanyarwanda, Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere mu Rwanda (Meteo Rwanda) kivuga ko mu minsi icumi(10) iri imbere, hateganyijwe imvura ‘nyinshi cyane’ irimo n’inkuba. Meteo Rwa...
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu minsi 15 ishize, imvura nyinshi n’ibindi biyikomokaho byahitanye Abanyarwanda 11. Mu bantu 11 batangazwa ko bahitanywe na biriya biza...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko mu mvura yaguye ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Werurwe, 2023 yakubitiyemo inkuba yishe Cyprien Musabyimana wari ufite imyaka 52 y’amavuko. Yari a...
Abatuye Umurenge wa Coko mu Karere ka Gakenke baraye mu gahinda batewe n’uko imvura ivanze n’amahindu yangije hegitari zikabakaba 200 z’imyaka bari bitezeho amaramuko. Umwe mu bahatuye yatubwiye ko ya...
Inzego z’ubucuruzi za Kenya zanzuye ko iki gihugu kiba gihagaritse gutumiza amata hanze mu rwego rwo kwirinda ko mu mezi ari imbere yazaba menshi ku isoko agapfa ubusa. Aborozi bo muri Kenya bizeye ko...
Umukuru w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasengeye igihugu cye n’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo Imana ifashe mu muhati wo kuhagarura amahoro, kandi igushirize imvura abaturage be beze. Niwe...









