Abo mu Kagari ka Karusimbi mu Murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke bavuga ko umuhanda bakoreshaga bahahirana n’abo mu Mirenge itandukanye ya Rusizi wangijwe n’imvura. Bavuga ko ibice byangijwe ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, kiraburira inzego zirebana n’iterambere n’izindi zireba imibereho y’abaturage ko muri Mutarama, 2024 ikirere...
Mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza haraye inkuru mbi y’urupfu rw’abantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe barapfa. Mu Mudugudu wa Rwinkwavu mu Kagari ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu niho byar...
Mu rwego rwo kwirinda ingaruka mbi ziterwa n’imvura nyinshi harimi n’imyuzure, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwamuritse ahantu 15 hari ibikoresho bitanga impuruza ku bwinshi bw’imvura ishora ishobora ...
Leta y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa baraye bizihirije mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa. Abo muri uyu Murenge bavuga ko n...
Iteganyagihe ry’uko ikirere cy’u Rwanda kizaba kimeze rivuga ko igice cya kabiri cy’Ukwakira, 2023 kizagusha imvura nyinshi ugereranyije n’uko byagenze mu gice cya mbere cyako. Ikigo cy’igihugu cy’ubu...
N’ubwo yishimiye ko igitaramo cye cyitabiriwe kandi kigashimisha abantu, ku rundi ruhande The Ben yibwe telefoni ubwo yari yagiye guhura n’abafana be muri ‘Meet and Great’ yabaye ku wa Gat...
Libya, Ubugereki, Espagne, Ubushinwa, Hong Kong n’Amerika y’Amajyepfo ni ibice bitandukanye by’isi biherutse kwibasirwa n’imyuzure yishe ibihumbi n’ibihumbi by’abantu. Nk’ubu hari ubwoba ko abantu bar...
Hari ibiganiro hagati y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, ubuhanga n’umuco, UNESCO, bigamije kwemera ko ishyamba rya Nyungwe riba kimwe ...
Mu mirenge ya Katabagemu, Nyagatare, Musheri na Matimba habaruwe hegitari 279 zari ziteyeho imyaka zangijwe n’umwuzure watewe n’imvura yaguye yuzuza umugezi w’Umuvumba. Imvura yaguye mu Majyaruguru y’...









