Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda ishobora gutuma hari abahinzi bahita batangira gutera ibihingwa bigufi nk’ibishyimbo, ikintu gishobora gutuma bazarumbya. Minisiteri y&...
Itangazo ry’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), rivuga ko hagati ya tariki 4-6 Gicurasi 2025 mu Rwanda hazagwa imvura nyinshi cyane ishobora guteza ibiza bikomeye kand...
Iteganyagihe ry’iminsi irindwi riragaragaza ko hagati y’itariki 11 n’itariki 20, Mata, 2025 muri rusange mu Rwanda hose hazagwa imvura nyinshi izaba iri hagati ya milimetero 50 na milimetero 150. Biv...
I Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro ahitwa ku Mulindi haraye habeye ibyago byatewe n’urukuta rwagwiriye abantu bari bacumbitse mu nzu yabigenewe, babiri bajyanwa kwa muganga. Byabaye kuri uyu wa Gatan...
Meteo Rwanda iraburira abaturarwanda ko guhera kuri uyu wa Gatanu kuzageza kuwa Mbere tariki 14, Mata, 2025 mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi izaba irimo n’inkuba. Ni imvura izagwa mu bice byinshi...
Imvura yaguye mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatumye uruzi rwa Ndjili rwuzura, amazi arasembera ku buryo yabujije abo ku ruhande rumwe kwambuka bajya ku rundi. Abo yasanze hakury...
Abacururiza mu gasenteri k’ubucuruzi kari mu Kagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo baratabaza inzego ngo zibabarize uruganda Gatsibo Rice Company Ltd impamvu rudakora imiyobor...
Mu Karere ka Huye ku kibuga cyari kigiye gukinirwaho na Mukura VS na Rutsiro FC haguye imvura nyinshi ku buryo yatumye uwo mukino usubikwa. Hari ku mukino w’umunsi wa 21 wa Shampiyona y’icyiciro cya ...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwemeje ko Umufaransa wari ufite umwenda w’umuhondo witwa Fabien Doubey ari we watwaye Tour du Rwanda,. Hari nyuma yo gutangaza ko agace ka karindwi kabaye impfabusa kuko ...
Abantu 15 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’amazi y’imvura yaguye mu minsi ishize, abandi 100 ubu baburiwe irengero. Inkangu ukomeye yahitanye abo bantu bari basanzwe batuye muri disit...









