I Gikondo mu Karere ka Kicukiro ahasanzwe habera imurikagurisha hari byinshi byiza biri kuhamurikirwa kandi birimo n’udushya. Birimo amasafuriya ashobora guhisha amafunguro vuba, serivisi zigenewe aba...
U Rwanda ruri kwifatanya n’ibindi bihugu by’Afurika mu imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu Murwa mukuru wa Misiri witwa Cairo. Rwamuritse kandi rugurisha ibyo rwahanze birimo imyambaro, ibiribw...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ifatanyine n’ubuyobozi bw’Urugaga rw’abikorera barizeza Abanyarwanda ko mu mwaka wa 2023 imurikagurisha ryari risanzwe ribera i Gikondo rizimurirwa i Gaha...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo rwitabiriye Imurikagurisha mpuzamahanga ribaye ku nshuro ya 25. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B.Murangira avuga ko kumurikira abaturage serivisi RIB itanga...
Umugore wiyemeje gutunganya ubuki kugira ngo abugurishe haba mu Rwanda no mu mahanga wari waje mu imurikagurisha ryiswe ‘Le Village de la Femme’ witwa Uwibona Jeanne Sheila yabwiye Taarif...
Ku wa Gatanu Taliki 18, Werurwe, 2022 muri imwe muri Hotel z’i Kigali hazamurikirwa ibikorwa abagore b’Abanyarwandakazi bakoze. Hazaba ari mu rwego rwo kugira ngo bamwe bigire ku bandi kandi babonereh...
Nyuma y’uko hari abakozi batatu bo mu Biro Bya Perezida Museveni bapimwe bagasanganwa ubwandu bwa COVID-19 ubwo bari bavuye i Dubai, Abu Dhabi na Addis Ababa, Umuganga we bwite yavuze ko nawe agomba k...






