Perezida Kagame yabwiye abitabiriye ikiganiro yatangiye muri Milken Institute ko u Rwanda rwasize inyuma amateka mabi rwaciyemo. Avuga ko icyo we n’abandi Banyarwanda benshi bahuriyeho ari uguharanira...
Amakuru ava mu Mujyi wa Goma aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Nzeri, 2024 abari baravanywe mu byabo n’intambara muri uyu mujyi baramukiye mu myigaragambyo basaba ko bemererwa baga...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, ishami ry’u Rwanda UNHCR-Rwanda, ryatangaje ko mu mwaka wa 2-23 impunzi 7,826 zabaga mu Rwanda zabonye ibihugu bizakira. Ibyo ni Leta zunze Ubumwe za A...
Ubwo impunzi z’Abarundi zaraba ziri mu nzira zitaha, biteganyijwe ko ziri buze guca mu Mujyi wa Kigali. Impunzi 78 z’Abarundi zibarizwa mu miryango 34 zabaga mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe z...
Bikubiye mu biganiro Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe yaraye agiranye na Ambasaderi wa Denmark mu Rwanda Madamu S...
Kuva aho ibya Israel na Hamas bitangiriye, umuryango mpuzamahanga wahise ayerekezaho amaso, ibindi byose ku isi bias n’ibyibagiranye. Muri byo harimo n’intambara yo muri Sudani imaze kuvana mu byabo a...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi n’ishami ryawo ryita ku biribwa( WFP) bwamenyesheje Guverinoma y’u Rwanda ko hari inkunga zahabwaga impunzi ziba mu Rwanda zigiye guhagarik...
Mu mpunzi 133,062 u Rwanda rucumbiye, abagera kuri 49% ni abana. Inyinshi mu mpunzi ziba mu Rwanda ni izavuye muri Repubulkka ya Demukarasi ya Congo (61.3%) hagakurikiraho izavuye mu Burundi zingana ...
Mu Karere ka Musanze Mu Murenge wa Muko haravugwa urupfu rw’uwitwa Niyongabo w’imyaka 19 y’amavuko wakubiswe n’abantu bavuga ko bamusanze yiba intoryi bikamuviramo urupfu. Uyu mwana wari ukuba ingimbi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi riratabariza abanya Sudani bahunze igihugu kugira ngo haboneke miliyari $2.56 yo kuzishakira ibizitunga. Inyinshi mu mpunzi zo muri Sudani zahungiye ...









