Abagizi ba nabi binjiye mu bitaro byitwa Stanley Hospital mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria bashimuta abana batanu b’impinja. Guverinoma ya Nigeria ivuga ko ihangayikishijwe n’ubu bushimu...
Ishami Ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe kwita ku bana, UNICEF, rimaze igihe rikorana na Leta y’u Rwanda mu kugabanya impamvu zituma impinja zipfa. Ni ubufatanye bwatumye imibare igabanuka iva kuri 3...

