Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye muri Nepal. Iriya ndege yari irimo abantu 72, ikaba yavaga muri Nepal rwagati ijya Pokhara ha...
Umwana Ken Irakoze Mugabo wazize impanuka yabaye ubwo we na bagenzi be bajyaga kwiga, yashyinguwe. Ni mu muhango witabiriwe na bagenzi be biganaga mu ishuri rimwe n’abo mu yandi mashuri. Iriya mpanuka...
Amakuru Taarifa igikurikirana aravuga ko hari ikamyo yagonze imodoka ya RDF uyiturutse imbere. Byabereye mu muhanda umanuka mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge. Hashize iminota igera kuri ...
Saa munani n’iminota 40 z’amanywa yo kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023, imodoka ifite pulake CGO 9428AC22 yatobotse ipine ita umuhanda igonga umugabo witwa Niyonzima Emmanuel w’imyaka 35 y’am...
Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP René Irere yabwiye itangazamakuru ko uru rwego rwatangiye igenzura ryimbitse rizasiga ‘nta modoka ishaje’ iri mu zitwara abanyeshuri. ...
Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana. Zimwe mu mpamvu zatanzwe na Polisi ya kiriya gihu...
Mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Mbere Taliki 09, Mutarama, 2023 nibwo amakuru y’urupfu rw’umwe mu bana 25 bakomerekeye mu mpanuka yari yabereye ku Irebero yamenyekanye. Uwo mwana yitwa Kenn...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka ahitwa ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro. Nta mubare turamenya w’abo yahitanye cyangwa abakomeretse ariko birashoboka ku umu...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahitwa Adebe ugana Kampala –Gulu habereye impanuka yahitanye abantu 16. Ni imibare yatangajwe na Polisi ya Uganda. Imodoka ya bisi ifite nomero UAT 259P y’’ikigo Rob...
Bucya haba Noheli y’umwaka wa 2022, muri Afurika y’epfo habaye impanuka ikomeye yatewe n’uko ikamyo yari ipakiye essence yaturitse. Imibare itangazwa na Polisi n’abakora mu rwego rw’ubuzima ivuga ko a...








