Minisitiri w’umutekano mu gihugu Alfred Gasana yavuze ko muri rusange umutekano mu Rwanda uhagaze neza ariko ngo ikibazo gituma Abanyarwanda badatekana ni Ibiza. Yabivuze mu kiganiro yahaye itangazama...
Saa kumi n’imwe n’iminota 25 z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 26, Nzeri, 2023 ahitwa Ryarubaga mu Kagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo habereye impanuka y’ ikamyo yashatse guca ku ...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu rwego rwo kugabanya ibyago by’uko abatwara amagare bahura n’impanuka zitewe n’uko bwije, nta gare rigomba kuba rikiri mu muhanda guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Kub...
Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu. Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi r...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Abakirisitu bo muri Women Foundation Ministries/Noble Family Church bitabiriye amateraniro ‘Wirira Fellowship’ ko k...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 16, Kanama, 2023 mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kigembe, Umurenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye. Yakomerekeje bikomeye aban...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo buvuga ko hari ubwato bwari butwaye abantu 11 buva muri Muhanga bugana muri Ngororero bwakoze impanuka harokoka abantu batatu. Abenshi mu bayiguyemo ni abana. Abagenzi ...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 16, Nyakanga, 2023 imodoka yari itwaye abagenzi yagonganye na FUSO yari ipakiye amafi abantu 16 barahagwa. Minibisi yangiritse cyane k’uburyo byasabye...
Umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ACP Gerald Mpayimana yaraye abwiye abatwara amakamyo ko nibatirwararika ngo bayatware neza kandi baruhuke bihagije, bizashyir...
Ahitwa Kericho muri Kenya haraye habereye impanuka ikomeye y’imodoka ihitana abantu 52. Guverineri wa Kericho witwa Erick Mutai avuga ko iyi mpanuka yatewe n’ikamyo yavaga mu gace ka Nakuru igeze mu ...









