Mu Kagari ka Kanazi, Umurenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habaye ibyago byatewe n’inzu yasenyutse igwira abantu bane, umwe arapfa abandi batatu barakomereka. RBA yanditse kuri X ko byaberey...
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Assistant Commissioner of Police ( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko imibare uru rwego rwakusanyije ku byaha byakozwe ku Bunani igaragaza ko byagabanutse muri rusange ur...
Mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi ahitwa Ruyenzi habereye impanuka hagati y’amakamyo abiri, yavaga mu Ntara y’Amajyepfo iri inyuma igonga iyiri imbere zita umuhanda zigonga indi modoka i...
Polisi itangaza ko muri rusange umutekano wagenze neza kuri Noheli. Icyakora ngo hari impanuka ebyiri zitagize uwo zihitana. No ku italiki ya 24, Ukuboza 2023, nta mpanuka nyinshi zabaye uretse ebyi...
Hari amakuru yatangiye gutangazwa mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatau y’uko hari abantu bateraga ikiraka muri RAB baguye mu kizenga kubashakisha bibanza kugorana. Inzego z’ubuyobozi n’iz’umut...
Padiri wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera witwa Gakuba Célestin yagonze abantu yicamo babiri undi arakomereka cyane. Yari atwaye imodoka ya Jeep Toyota Hilux RAE 001I...
Ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru hatangiye amahugurwa y’iminsi ibiri ku bijyanye no gutanga ubutabazi bw’ibanze bugenewe abakoze impanuka bategereje ambulance cyan...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murama wo mu Karere ka Ngoma, Mapendo Gilbert, yakoze impanuka ihitana umwana w’imyaka itandatu abana icyenda barakomereka. Birakekwa ko yari yasinze. Abo b...
Imodoka yavaga ku ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Busogo yakoreye impanuka mu Karere ka Gakenke ihitana abantu batatu harimo n’umushoferi. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa 26, Ugushyingo, 2023 ahaga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki 18, Ugushyingo, 2023, FUSO yari igeze ahitwa Taba mu Kagari ka Gitwe, Umurenge wa Karambi mu Karere ka Nyamasheke yerenze umuhanda igwa mu mukingo shoferi ...









