Kugeza ubu abantu babiri nibo bonyine bivugwa ko barokotse impanuka y’indege yari irimo abantu 179, yabereye muri Koreya y’Epfo. Iyo ndege yari igiye kugwa ku kibuga cy’indege cya Mu...
Abantu batandatu bari bagiye mu birori bya Noheli ahitwa Kapaburuuli bakoze impanuka irabahitana. Bari bageze ahitwa Nakasongola mu muhanda ugana i Kampala mu Mujyi. The Monitor yanditse ko iyo mpanuk...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko kugeza mu mpera z’Icyumweru gishize, abantu 350 bapfiriye mu mpanuka 9,600 zabereye hirya no hino. Inyinshi muri zo ni izakozwe n’abamotari kuko zihariye 60%. Umuvugizi ...
Imibare y’agateganyo iravuga ko abantu 19 baguye mu mpanuka yabereye muri Tetitwari ya Mitwaba iri mu Ntara ya Haut-Katanga. Haburaga ibilometero 19 ngo bagere ku gasanteri bari bagiyeho. Bari bari m...
Ahitwa Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habereye impanuka ya bisi yari itwaye abana igwa mu mugezi wa Cyongoroka. Abana babiri bitabye Imana abandi benshi barakomereka. RBA y...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryaburiye abamotari batendeka ko nibatabireka bagomba kwitega ibihano biremereye. Polisi ivuga ko amakosa akorwa n’abamotari akomeje kwiy...
Kadoyi Albert usanzwe utwara ikamyo bivugwa ko afungiye muri gereza ya Uganda nyuma yo gukora impanuka ubwo yari atwaye impu ava i Mombasa muri Kenya. Taliki 09, Mata, 2024 nibwo yafunzwe ariko impa...
Amakuru ava muri Uganda aremeza ko Umunyarwakazi witwa Aline Akaliza ari we wapfiriye mu mpanuka ikomeye yabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 01 Nzeri 2024 ahitwa i Masaka-Bugonzi muri Uganda. Muri rus...
Ahitwa Kalungu muri Kabaale habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu umunani. Hari abakeka ko hari n’Abanyarwanda bashobora kuba bayiguyemo. Iyo bisi ya Jaguar yari ibatwaye yagonganye na FUSO nayo ...
Taarifa yamenye ko umuhanda wa Kigali- Rulindo wari wafunzwe kubera ikamyo yahakoreye impanuka wongeye kuba nyabagendwa. Ubwo impanuka yabaga byatumwe uba ufunzwe by’agateganyo kugira ngo Polisi iba...









