Abagabo icumi bafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki 22, Ukwakira, 2021 bakurikiranyweho gusahura Fusso yakoze impanuka itwaye ibicuba 52 by’amata. Aho gutabaza bihutiye kuyisahura bajyana mu ngo zabo. Ni...
Amakuru Taarifa yahawe n’umwe mu baturiye ibitaro by’Akarere ka Rubavu avuga ko hari imodoka yabuze feri[akurikije uko yabibonye] hanyuma igonga urukuta rw’irembo rwa biriya bitaro. Avuga ko umuntu um...
Umuhanzi wo muri Uganda ufitanye isano n’Abanyarwanda nk’uko yigeze kubivugira i Kigali Eddy Kenzo yakoze impanuka mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 05, Kanama, 2021 avunika akaboko. Iriya mpanuk...
Umunabi, guhunyiza, kwibagirwa…biri mu ngaruka zo kudasinzira neza mu ijoro. Ku byerekeye umunabi ho, twavuga ko bishobora no gutuma umukozi yandika email nabi, akandikira mugenzi we cyangwa umukoresh...
Ibikorwa byo gushakisha abantu bagwiriwe n’inyubako mu gace ka Surfside muri Leta ya Florida byahagaritswe, mu gihe ubuyobozi bwitegura gusenya igice cyari gisigaye cy’inzu yaridukanye abaturage mu kw...
Ubuyobozi bw’agace ka Surfside muri Leta ya Florida muri Amerika bwatangaje ko abantu batanu bamaze gupfa naho 156 ntibaraboneka kuva ku wa Kane, ubwo inzu ya Champlain Towers yahanukaga mu gito...
Dr Ron Adam uhagarariye Israel mu Rwanda aherutse guha amaraso Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gukusanya, kurinda no guha amaraso abayakeneye. Ni ku nshuro ya gatatu yari abikoze. Ron Adam yatangiye gutan...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko itazihanganira abantu bakomeje gutwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha, kuko bakomeje guteza impanuka zishe abantu 69 mu mezi atandatu ashize, abandi benshi bagakomerek...
Kugeza ubu Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda muri Pakistan iri mu iperereza ryo kumenya icyateye impanuka ya Gari ya Moshi ebyiri zagonganiye Islamabad mu murwa mukuru. Kugeza ubu Polisi n’ingabo ...
Abakozi bane ba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka, ubwo bari mu muhanda bavuye i Karongi berekeza i Nyamasheke, mu ruzinduko rwa Minisitiri Gatabazi Jean Marie Viann...








