Abo ni Ishingiro Mustafa, Murara Alphonse na Hakizimana Etienne. Etienne niwe wabanje kumenyekana mbere kubera ko hari abo mu muryango we babibwiye Taarifa. Ngo yari avuye muri Uganda atashye mu Rwand...
Taarifa yamenye ko hari Umunyarwanda witwa Etienne( abo mu muryango we ntibifuza ko irindi rimenyekana) waguye mu mpanuka yakozwe na Bisi ya Volcano( ni ikigo gikorera mu Rwanda) yari ivuye i Kampala ...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ahagana saa moya z’igice ku isaha y’i Kampala, ku muhanda Mbarara- Masaka muri Uganda habereye impanuka yahitanye abantu icyenda, abandi 12 barakomereka cyane. Umupolis...
I Johannesburg hamaze kubarwa abantu 15 bahitanywe n’ibibatsi bikomeye by’umuriro watewe n’iturika ry’ikamyo yari irimo essence. Umwe mu baganga wo mu bitaro byitwa Tambo Memorial Hospital witwa Joe P...
Ishami rya Polisi y’Igihugu rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryaraye ritangaje ko kugeza taliki 21, Ukuboza, 2022, abantu 500 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka. Byatangajwe ku wa Kane...
Bisa n’aho mu Karere ka Gakenke haba ingusho kubera impanuka zihabera! Ahitwa Kivuruga ho nta byumweru bibiri bishobora guhita hatabereye impanuka, uko yaba imeze kose… Nk’ubu mu mugoroba wa jor...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yasabye abamotari n’abandi bakoresha umuhanda kwitwararika bakirinda icyateza impanuka kuko kuva umwaka wa 2022 watangira kugeza kuri uyu wa Kane ...
Polisi y’u Rwanda yabwiye RBA ko hari bamwe bajya gukora ikizamini cyo gutwara ibinyabiziga batarabanje kubyigira bihagije. Bajyayo bagiye ‘kugerageza amahirwe’. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u ...
Mu makorosi ya Buranga habereye impanuka yakozwe na Daihatsu Delta bivugwa ko yari ivuye i Musanze ijyanye ibirayi i Kigali. Amakuru avuga ko yahitanye Shoferi n’umufasha mu kazi mu Kinyarwanda bita ...
Abasenateri babajije abapolisi bakuru muri Polisi y’u Rwanda iby’amakamyo bita ‘DIPINE’( ubusanzwe yitwa HOWO) amaze iminsi akora impanuka zigahitana Abanyarwanda. Polisi yasubije ko hari iperereza ry...









