Indege yo mu Buhinde yavaga muri iki gihugu ijya mu Bwongereza yakoze impanuka igihaguruka ihita ikongoka. Abantu 200 nibo bamaze kubarurwa ko bayiguyemo. Yari irimo abantu 242, ikaba yahuye n’a...
Abantu bari bavuye mu bukwe gusaba bakoreye impanuka ahitwa Chekwatit, muri Kaserem ku muhanda wa Kapchorwa-Mbale abagera kuri 13 barapfa. Toyata Hiace bari barimo yataye icyerekezo irenga umuhanda yi...
Ahitwa Bugiri mu Burasirazuba bwa Uganda habereye impanuka yaguyemo abantu 12, abandi batandatu barakomereka nk’uko Polisi ikorera muri aka gace ibyemeza. Yabaye ubwo ikamyo yagonga bisi yari itwaye a...
Imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rugarika ikomerekeramo abana 13. Abo banyeshuri biga mu kigo Elite Parents School. Umuyobozi w’iri shuri witwa Oswald Tu...
Fuso Mitsubishi ifite Plaque RAH 072G yavaga Gicumbi yerekeza Kigali yakoze impanuka ihitana abantu batatu barimo umubyeyi wapfanye n’umwana we yari ahetse. Mu Mudugudu wa Gihira, Akagari ka Gaseke mu...
Minisiteri y’Intebe mu Rwanda irihanganisha imiryango y’abantu 20 bapfiriye mu mpanuka yaraye ibereye hafi y’ahitwa ku Kirenge mu Murenge wa Rusiga muri Rulindo. Bisi yari irimo abantu bagera kuri 50 ...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko abakozi 20 bo mu bucukuzi bwa peteroli baguye mu mpanuka y’indege harokoka umwe. Bivugwa ko mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kane ari bwo yabaye ubwo habur...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika habereye impanuka y’indege yari irimo abagenzi 60 n’abayikoramo bane yagonganye na kajugujugu ya gisirikare yari irimo abantu bane. Polisi ishinzwe u...
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface avuga ko iyo ugereranyije uko abantu bitwaye mu mpera za 2024 no mu ntangiriro za 2025, ubona ko umutekano wabaye mwiza ugereranyije n’uko byagenz...
Abakora iperereza basanze ibisubizo by’ibanze bigaragaza ko indege yo mu bwoko bwa Boeing iherutse gukora impanuka igahitana abantu 179 nta kibazo yari ifite mbere yo kuguruka. Mu minsi mike ish...






