Ibi birashoboka uramutse ushingiye ku igenamigambi ryayo rikubiye mu mibare ubuyobozi bw’iyi Minisiteri bufite mu myaka ine iri imbere. Igenamigambi ryayo rivuga ko kuva mu mwaka wa 2024/25 kugeza mu ...
Abahanzi bahawe ibihembo bya Trace Awards baraye bahuye na Perezida Paul Kagame abashimira akazi bakoze ariko abasaba kwagura impano. Yabwiye abateguye ibi bihembo ko u Rwanda rwiteguye kubafasha kwag...
Arkiyepiskopi wa Kigali Cardinal Antoine Kambanda yageneye impano ya Bikira Mariya Nyina wa Jambo Perezida wa Hungary wamusuye. Byabaye kuri iki Cyumweru taliki, 16 Nyakanga, 2023 ubwo Arkiyepiskopi...


