Polisi ya Kenya yataye muri yombi abantu batanu ikurikiranyeho kwiba uruhinja. Nyina w’urwo ruhinja avuga ko azi neza ko yabyaye impanga ariko atungurwa no kubona abaganga bamuha umwana umwe. Abenshi ...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng yo muri Afurika y’Epfo rivuga ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari umugore wo muri iyo Leta wabyaye abana 10 atari byo. Ni mu itangazo yasohowe n̵...
Muri Marocco habereye ibintu bidasanzwe . Umugore witwa Halima Cissé ukomoka muri Tumbuktu muri Mali aherutse kwibaruka impanga icyenda mu gihe kwa muganga bari baramusuzumye basanga atwite impa...


