Ni umushinga ufite agaciro ka Miliyoni $90. Amasezerano agenga iby’iri shoramari aherutse gusinywa hagati y’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, ubw’Umujyi wa Kigali n’ubw’ikigo Vivo Ener...
Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yavuye muri Gare ya Rusizi igonga umumotari yasanze mu muhanda ku bw’amahirwe ntiyapfa. Iriya modoka ni iy’ikigo cya Volcano Express ikaba ifite ibirango RAC 947X. Ikin...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abayobozi mu kigo cy’Abadage gikora imodoka kitwa Volkswagen baganira ku mishinga gifite mu Rwanda irimo no kubaka ikigo gikora imashini zihinga kandi...
Abagabo babiri barimo umwe w’imyaka 40 n’undi w’imyaka 27 batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ibasanganye inzoga iby’ibyotsi( liquors) ikemeza ko ari magendu. Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ...
Umuhungu w’umuraperi P. Diddy witwa Justin Dior Combs w’imyaka 29 yatawe muri yombi na Polisi y’i California imusanze atwaye imodoka yasinze. TMZ yanditse ko imodoka ya Polisi yirukanse ku ya Ju...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Biruta Vincent yabwiye Abadepite n’izindi nzego by’umwihariko izishinzwe ingengo y’imari ko kimwe mu bibazo Minisiteri ayoboye ifite kandi bikeneye ingengo y’imar...
Abakora mu rwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere amashyamba bavuga ko ubwinshi bw’imodoka zo muri Kigali bugira uruhare mu kuzamuka kw’ibyuka bishyushya ikirere cy’u Rwanda. Bavuga ko mu rwego rwo ...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko bidatinze ababishaka bazajya bakorera kandi bagahabwa uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo rukozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga. Abarushaka bazajya barushakor...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza, yaraye yakiriye intumwa zaturutse muri Liberia. Ziri mu ruzinduko rugamije gusobanukirwa imikorer...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wingirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi n’abasirikare bamaze amezi ane bishirizwa i Gishari uburyo gucunga umutekano wo m...









