Guverinoma y’u Rwanda yaguze bisi nini 200 zo kunganira izisanzwe zitwara abagenzi bo mu Mujyi wa Kigali. Amabwiriza yahise atangazwa na Minisiteri y’ibikorwaremezo avuga ko imodoka za pick ups zari z...
Imodoka yavaga ku ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Busogo yakoreye impanuka mu Karere ka Gakenke ihitana abantu batatu harimo n’umushoferi. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa 26, Ugushyingo, 2023 ahaga...
Nyuma y’uko hari minibisi 10 zikoresha amashanyarazi ziherutse kuzanwa mu Rwanda, ubu hari inkuru y’uko mu gihe kitarambiranye hazaza na bisi nini zikoresha amashanyarazi. Ni izi ikigo BasiGo gifite i...
Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo ice ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali. Iyi niyo mpamvu mu gihe gito kiri imbere abawugendamo bazajya bagende...
Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru RBA kitabye Komisiyo y’Abadepite ishinzwe kugenzura umutungo wa Leta, PAC, kisobanura ku byo bagisanzemo birimo gusesagura umutungo wa Leta. Indi ngingo bagarutseho ...
Polisi y’u Rwanda, mu bukangurambaga bwa Gerayo Amahoro, yabwiye abatwara ibinyabiziga ko bakwiye kwatsa amatara ayo ari yo yose mu gihe cyagenwe. Babwiwe ko amatara ku modoka atari umurimbo ahubwo ar...
Abashinzwe kuzimya inkongi mu Buholandi no mu bihugu bibuturiye bari gukora uko bashoboye ngo bazimye ubwato bupakiye imodoka 3,000. Ni impanuka yabereye mu gice gituriyemo inyoni nyinshi k’uburyo aba...
Umugabo wari usanzwe ukoreshereza imodoka mu Mujyi wa Kigali aherutse kuyibwa n’umukanishi. Uwo mukanishi yayibiye Nyabugogo aza gufatirwa mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu yayikuyemo moteri n...
Kuri uyu wa Mbere taliki 03, Nyakanga 2023 Ubushinwa bwasohoye imodoka ikoresha amashanyarazi bivugwa ko ari yo yihuta kurusha izindi ku isi. Ishobora kwiruka ibilometero 350 mu minota 15. Bayize BYD ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje uko abanyeshuri bacumbikirwa bazataha mu miryango yabo mu biruhuko biri hafi gutangira. Ni ibiruhuko bikuru birangiza u...









