Ikigo gicuruza imodoka cyo mu Rwanda kitwa Auto 24 Rwanda cyeretse abaguzi bo mu Rwanda imodoka z’amashanyarazi by’umwihariko zikorwa n’Uruganda rwa Tesla rwa Elon Musk. Izamuritswe mu Rwanda ni izo...
Polisi y’u Rwanda yatangije ikigo gifite ikoranabuhanga rizajya rifasha abashaka gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga kubikorera. Giherereye mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ...
Uwo ni Ngendahayo Jérémie usanzwe ukinira May Stars.Yakuwe muri iri siganwa mu gace ka Kane ka Karongi-Rubavu nyuma yo gufata ku modoka. Hejuru y’ibi kandi yaciwe amande ya Frw 290,000 anakurwaho aman...
Saa kumi n’ebyiri n’igice mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 7, Gashyantare, 2024 abagore babiri bari bagiye kurangura imboga ahitwa Gishoma bavuye i Nyakarenzo( hombi ni muri Rusizi) bakoze imp...
Izo modoka zazanywe n’uruganda rw’Abashinwa rwitwa BYD Auto. Ruzobereye mu gukora imodoka zikoreaha amashanyarazi rukaba ruzakorana by’umwihariko n’ikigo CFAO Motors mu kugurisha izo...
Ibigo 26 bitanga serivisi zo gutwara abagenzi muri bisi bikomeje gutaka kwamburwa miliyari nyinshi byijejwe na Leta, amezi akaba abaye atanu. Ikibabaje ni uko bambuwe ayo mafaranga, ariko ubu hakaba ...
Umujyi wa Kigali uvuga ko ibigo byahawe izi modoka ari umunani nyuma yo kuzuza ibisabwa. Ni Bisi zatanzwe kuri uyu wa Gatanu kugira ngo zongerere imbaraga izari zisanzwe zikorera muri uyu mujyi ariko ...
Minisiteri y’ibikorwa remezo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Mutarama, 2024 bisi 60 zari zisigaye ngo umubare wa bisi 100 wuzure, ziri butangire gukorera mu Mujyi wa Kigali. Mbere hari haje...
Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe. Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi ...
Mu rwego rwo kurinda ibidukikije no kwirinda gusakuriza inyamaswa, ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera buvuga ko buri kureba niba imodoka zikoresha amashanyarazi ari zo zonyine zakoreshwa ku basura iki cya...









