Amakuru Taarifa ifite avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri kuganira n’abayobozi b’ikigo gitegura isiganwa mpuzamahanga y’abatwara moto kitwa Formula One kugira ngo ruzaryakire ka...
Polisi iherutse kugaragaza abantu yafashe batwaye ibinyabiziga byakuwemo cyangwa byagabanyirijwe imbaraga z’utwuma turinganiza umuvuduko. Ni igikorwa ivuga ko ari kibi kuko gishyira mu kaga ubuzima bw...
Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 22 bafatiwe mu mihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Kigali bakurikiranyweho gukura mu modoka zabo utugabanyamvuguduko. Muri bo harimo abashoferi 18 bafashwe batwaye imod...
Senateri Me Evode Uwizeyimana asaba Polisi kudahisha mu masaka, mu mateke no mu bihuru cameras zifotora ibinyabiziga bikoresha moteri byiruka ku muvuduko muremure. Asaba kandi ko hagati y’icyapa cyeme...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangiye iperereza rigamije gufata abagizi ba nabi bahaye inkongi imodoka y’ibitaro byigenga byitwa Peace Polyclinic biri i Muhanga Umuyobozi w’ibi bitaro witwa Dr Norbe...
Umwe mu myanzuro yaraye yemerejwe mu Nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, uvuga ko imodoka zitwa automatique zemerwewe kujya zikorerwaho ibizamini byo gutwara imodoka. Mu kugir...
Muri Kamena, 2024 mu Karere ka Huye hateganyijwe kuzabera isiganwa mpuamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka. Biteganyijwe ko uzaba hagati y’itailiki 14 na 16, Kamena, 2024. Ibyo byatangarijwe mu Nama...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buributsa Abanyarwanda ko nta muntu wemerewe kwanduza umuhanda. Ni ubutumwa bureba abantu ku giti cyabo, abafite ibikorwa by’ubwubatsi aho imodoka ziva cyangw...
Imiryango myinshi muri Leta ya Dubai yasabwe kuzinga utwangushye igahunga imyuzure ikomeye yibasiye ibice byinshi by’iyi Leta imwe mu zindi zigize Leta ziyunze z’Abarabu. Amafoto yafashwe n’ibyogajuru...
Ikigo gishinzwe gutegura ibizamini, NESA, cyatangaje uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazasubira ku mashuri yabo. Taliki 15, Mata, 2024 nibwo igihembwe cya gatatu cy’amashuri kizatangira. Ingendo zo ...









