Minisiteri y’Intebe mu Rwanda irihanganisha imiryango y’abantu 20 bapfiriye mu mpanuka yaraye ibereye hafi y’ahitwa ku Kirenge mu Murenge wa Rusiga muri Rulindo. Bisi yari irimo abantu bagera kuri 50 ...
Queen Kalimpinya usanzwe uzwi mu gutwara imodoka zikora isiganwa kandi uri muri bake nkawe babikora neza, yatangaje ko atakitabiriye isiganwa rizabera muri Uganda kuri uyu wa Kane kubera uburwayi. Iri...
Mu buryo budasubirwaho, Perezida Kagame niwe watangaje ko u Rwanda rutanze Kandidatire yo kuzakira Formula 1. Yagize ati: “Nishimiye gutangaza ku mugaragaro ko u Rwanda ruri gusaba kugarura isiganwa r...
Imodoka yavaga muri Musanze igiye i Kigali yageze mu Karere ka Gakenke irenga umuhanda igwa mu mugezi abantu babiri bari bayirimo barapfa. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Jean Bosco Mw...
RURA yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04, Ukuboza, 2024 mu Mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo umugenzi azajya yishyura urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hak...
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuzafunga Miss Muheto Divine Nshuti kuzafungwa umwaka n’amezi umunani. Muheto yemeye ibyo aregwa ariko ahakana ko atigeze ahunga. Kuri uyu wa 31 ...
Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye isiganwa ry’imodoka ryabaye mu mpera z’Icyumweru gishize witwa Queen Kalimpinya avuga ko impamvu ikomeye ituma batitwara neza cyane ari uko bakoresha imodoka zisha...
Uruganda rw’Abataliyani rukora imodoka rwitwa Ferrari rwasohoye imodoka yo muri ubu bwoko yiswe Ferrari F80 igura miliyoni £3, ni ukuvuga arenga miliyari Frw 3 kuko ipawundi rimwe rivunja Frw 1,771.69...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bweretse itangazamakuru abantu batandatu bakekwaho kwiba imodoka bari bakodesheje ba nyirazo. Abo basore uko ari batandatu bavugwaho gukodesha imodoka na ba nyirazo babas...
Ikigo cy’umuherwe Elon Musk gikora imodoka zifite ikoranabuhanga rituma zitwara kitwa Tesla cyazishyizemo irindi koranabuhanga bita ASS( Actually Smart Summon) rizajya rituma nyirayo ayibwira ikamusan...








