Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi birateganya gufata amafaranga y’umutungo wahoze ari uw’Uburusiya bwagwatiriye urenze miliyari €200 bikawuha Ukraine. Ababiyobora bavuga ko bizayifasha kw...
Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 31, Mutarama, 2025 inzego za Leta ya Congo zatangaje ko umutungo bwite wose wa Corneille Nangaa washyizwe mu mutungo w’igihugu aho waba uri hose. Uyu mugabo asanzwe ar...
Umugore n’abagabo babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kica umugabo w’uwo mugore bakamuhisha mu nzu. Byabereye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Shyembe, Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karo...
Mu Butaliyani haratangira inama mpuzamahanga ihuza ibihugu bikize kurusha ibindi ku isi ya G7 aho byitezwe ko imwe mu ngingo zizigwaho, zikaba zanakwemezwa, ari uko imitungo yahoze ari Uburusiya yafat...
Ubwumvikane buke bushingiye ku mitungo abashakanye basangiye ni imwe mu mpamvu zikomeye zigitera amakimbirane mu ngo z’Abanyarwanda. Nk’ubu mu Murenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze umugabo aheruts...
Mu Murenge wa Ntyazo mu Kagari ka Cyotamakara mu Karere ka Nyanza haravugwa umusore wakubise Se isuka mu mutwe aramukomeretsa ‘bikomeye’. Abaturanyi b’aho bavuga ko uwo musore asanzwe anywa urumogi. I...
Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’ Uwo mugore uvugwaho icyo cyah...
Umuyobozi Nshingwabikorwa wa TI-Rwanda, Apollinaire Mupiganyi aherutse kubwira abagize Ihuriro ry’ Inteko Ishinga Amategeko rishinzwe gukumira no kurwanya Ruswa (APNAC-RWANDA), ko amabuye y’agaciro n...
Mu Karere ka Burera, umurenge wa Gahunga haravugwa umusore w’imyaka 26 y’amavuko uvugwaho kwica Nyirakuru w’imyaka 88 amuziza imitungo. Bari batuye mu Mudugudu wa Ruri, Akagari ka Gisizi, Umurenge wa...







