Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame avuga ko buri muntu agomba kugira ubuzima bwiza kuko ari uburenganzira bwe. Yabivuze mu nama yahuje abafata ibyemezo muri Politiki ndetse no mu rwego rw’ubuzi...
Raporo y’uko imiti igera ku baturage isohorwa buri myaka ibiri ivuga ko ikibazo cy’uko imiti itinda kugera mu bihugu bikennye n’ibiri mu nzira y’amajyembere kigihari. Ni ubushakashatsi bwatangijwe n’i...
Itsinda rya Guverinoma y’u Rwanda riri i Lusaka muri Zambia ryaraye rishimishijwe no kumva ko u Rwanda rwatorewe kuba icyicaro cy’Ikigo nyafurika gishinzwe imiti. Iri tsinda riyobowe na Minisitiri w’u...
Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko bibujijwe gukora inkuru ku miti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivuga ko umuntu wemerewe kwamamaza imiti cyangwa ibikorwa by’u...
Abitabiriye Inama yigaga ku mikoranire igamije guhangana n’indwara zitandura nka Malaria barimo n’Uruganda rwitwa Novartis International AG rusanzwe rukora imiti rwatangaje ko bemeje ibyav...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera aburira abantu babwirwa kenshi kureka gukora ibinyuranyije n’amategeko bakinangira, akababwira ko gukora ibibujijwe bitinda bigakora ku muntu! Hari ...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yibutse gutangaza ko hari ubwoko butatu bw’imiti buri gukorwa nyuma y’uko aborozi bo mu Karere ka Nyagatare batangaje ko imiti bari bamaze igihe batera inka zabo ngo ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa, Rwanda Food And Drugs Authoriry kimeze gusohora urutonde ruriho ubwoko amazina arindwi y’ubwoko bw’ubuki bwemewe mu Rwanda. Hari hashize iminsi ibiri iki k...
Polisi yerekanye abagabo barimo umwe wiyemerera ko yaguraga imiti na bamwe mu bakozi b’ibigo nderabuzima na poste de santé zo hirya ngo hino mu Rwanda akajya kuyigurisha kuri make mu maduka agurisha i...








