Hari amasezerano yasinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutanga imiti, Rwanda Medical Supply Limited, n’icyo muri Qatar kitwa Philex Pharmaceuticals yo gufasha u Rwanda gukora no kugeza ku batu...
Ubwo bajyaga ku bitaro bya Kiziguro gusura umubyeyi wabo wahajyanywe n’ubuyobozi bw’Umurenge ngo avurwe, abana ba Mukandoli Ange babwiwe ko atari buhabwe indi miti kuko iya mbere itishyuwe...
Ibarura ryakozwe hashingiwe ku banduye Malaria batuye Umujyi wa Kigali byaragaraye ko abantu 10, 399 bo mu Mirenge 15 yo mu Mujyi wa Kigali, basanzwemo Malaria. Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangiza...
Abahanga mu by’imiti bavuga ko imibiri y’abaturage yatangiye kutakira imiti runaka kubera ko bayiyimenyereje kandi batayandikiwe n’abaganga. Ni ikibazo abahanga bavuga ko kibangamiye ubuzima rusange k...
Mu Murenge wa Nyarugenge ahateganye na BRD hatashywe Ikigo Nyafurika cy’imiti, Africa Medicines Agency, AMA. U Rwanda nirwo rwatsindiye iki cyicaro nyuma yo guhigika ibihugu icyenda byagishakaga. Mini...
Dr. Hermogène Nsengimana, Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Ubuziranenge (ARSO) yabwiye abari mu nama mpuzamahanga yiga ku mikorere nyayo y’isoko ry’Afurika ko bikwiye ko ibiryohe...
Ikigo cy’igihugu kita ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, kiraburira abantu ko badakwiye gukoresha vinegre zitwa Discovery White Vinegar na Hlaal White Vinegar kuko byaje kugaragara ko zit...
Ububiko bw’ikigo kitwa Centrale de Distribution des Médicaments de Kisangani (CAMEKIS) buherutse gushya bwose imiti yari iburimo ifite agaciro ka miliyoni $1 iratokombera. Iyi nkongi yabaye ku Cyumwe...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa, Rwanda FDA, cyakuye ku isoko imiti harimo ufite numero A4042 witwa EFFERARGAN VITAMIC C 500mg/200mg (“comprimé efferverscent), uz...
Professor Emile Bienvenu ni Umunyarwanda wahawe inshingano zo kuyobora Akanama Ngishwanama k’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi kiga ku buziranenge bw’imiti n’ibiribwa. Akigera m...









