Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kirasaba abasoreshwa kwishyura avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu kandi bakabikora mu gihe cyagenwe. Ngo ntibagomba gutegereza ‘ifirimbi ya nyuma.’ Mu nta...
Mu gihe hasigaye iminsi micye ngo italiki ntarengwa yo kuba abasoreshwa barangije gutanga imisoro igere( ni Taliki 16, Gicurasi), Komiseri wungirije ushinzwe abasora n’itumanaho Jean Paulin Uwitonze y...
Imwe mu ngingo zaganiriwe ho kandi zigafatirwaho umwanzuro ni uko amadeni abamotari bari bafitiye Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yavanyweho. Uyu mwanzuro wafatiye mu Nama yaguye yahuje Abamotar...
Perezida Paul Kagame yashimye abatanga imisoro neza kuko bifasha mu guteza imbere igihugu, anakebura abayikwepa kandi bafite ibikorwa bikwiye kuba biyitanga. Kuri uyu wa Gatanu nibwo habaye umuhango w...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu Ntara y’Iburasirazuba hakusanyijwe amafaranga aturuka mu misoro n’andi atari imisoro angana na miliyari 35.7 Frw, ku ntego ya miliyari 33.6 Frw ...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cy’u Rwanda cyabwiye Taarifa cyamaze gufatira imitungo yose y’ikigo kitwa Aldango LTD gifite 50% y’imigabane y’abashoramari b’i Dubai kubera ko kitishyuye imisoro...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wasojwe ku wa 30 Kamena cyakusanyije miliyari 1643.3 Frw, kigera ku ntego cyari cyahawe ku gipimo cya 103.3%. Kuri uyu Kane nibwo Kom...
Abakire bakomeye muri Amerika barimo na Warren Buffet baravugwaho kunyereza imisoro n’amahoro mu bihe bitandukanye. Bitangazwa n’ikinyamakuru kitwa ProPublica kizwiho gucukumbura inkuru. Abazwi muri a...
Abasoreshwa b’Abanyarwanda baragirwa inama yo kwirinda gutinda kumenyekanisha umusoro no kuwutangira igihe kuko iyo bitagenze uko, abatarabikurikije bahura n’ibibazo birimo amande cyangwa gufungirwa u...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko mu gihe cya vuba hazamenyekana ibipimo bishya by’imisoro y’ubutaka, bizasimbura ibiheruka gutangazwa ariko byaje kutavugwaho rumwe. Ku wa Mbere nibwo ina...








