Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro Ronald Niwenshuti avuga ko aho bigeze ubu, imisoro iva mu baturage igira uruhare rwa 52.9% mu mafaranga yose agize Ingengo y’Imari y̵...
RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 02, Nyakanga, 2025, ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byahindutse, litiro ya lisansi yiyongeraho Frw 170 ni ukuvuga kuva ku Frw 1,633 kugeza ...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, ku bufatanye na IREMBO babwiye abacuruzi ko bashyiriweho uburyo bwo gusora, kwandikisha ubucuruzi n’ibindi bakenera, bakabik...
Umuhanga mu by’ubukungu, Teddy Kaberuka, avuga ko izamura ry’imisoro ku bicuruzwa biva hanze byinjira muri Amerika rizagira ingaruka ku bukungu bw’isi muri rusange. Atangira asobanura ko buryo mu miha...
Jean Paulin Uwitonze Komiseri mukuru ushinzwe serivisi z’abasora n’itumanaho mu Kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro yabwiye Taarifa Rwanda ko abavuga ko hari umusoro mushya washyiriweho abateg...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasobanuye iby’imisoro yaraye yemerejwe mu nama y’Abaminisitiri. Muri rusange hari imisoro iri buhite itangira gusorwa, indi ikazasorwa buhoro buhoro. Minisitiri w’im...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu nama y’Abaminisitiri ni uwo kuvugurura imisoro, hakagira iyongerwa hagahangwa n’undi mushya. Hazavugururwa kandi uko imisoro yari isanzwe itangwa bikazakorwa mu byic...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyatangarije abasora bose batumiza ibintu mu mahanga n’abakora amasoko ya Leta ko igihe cyo gusaba icyemezo cy’ubudakemwa kitwa Quitus Fiscal cy’umwaka wa ...
Abahanga mu bukungu, abacuruzi n’abafata imyanzuro ya politiki bateraniye i Kigali mu nama yigirwamo uko ikoranabuhanga rikoresha ubwenge buhangano ryafasha mu gukusanya no gutanga imisoro vuba kandi ...
Dr. Frank Habineza avuga ko natorwa azafasha abantu kwihaza mu biribwa kandi akazagirat uruhare mu guhanga imirimo 500000 ku mwaka. Yabivugiye mu kwiyamamaza kwe hamwe n’ishyaka Democratic Green...







