Nyuma yo gusobanurirwa akamaro ko gushora mu gihugu cyarwo, urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu mahanga rwahisemo gushora mu mishinga imwe n’imwe yo kuzamura imibereho y’abaturage. Hashize hafi imyaka ...
Abakozi ba Banki ya Kigali beretse ubuyobozi bukuru bwayo imishinga bakoze yo gutanga ibisubizo ku bibazo abayigana bahura nayo no guhanga udushya mu iterambere ry’iyi banki iri mu zikomeye kurusha iz...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yasinye amasezerano yo kwakira no gukoresha Miliyoni $300 mu mishinga yo kubungabunga ibidukikije, guteza imbere ingufu zisubira, kwita ku gutwara mu...
Mu rwego rwo kubafasha guhanga cyangwa kuzamura urwego rw’ishoramari ryabo, ikigo Jack Ma Foundation cyatangaje ko ba rwiyemezamirimo bo muri Afurika bagiye guhatanira igihembo cya Miliyoni $1.5, ni u...
Hari amasezerano y’imikoranire yasinywe hagati y’ikigo Equity Group n’Ikigega Nyafurika cy’Ingwate (African Guarantee Fund-AGF) yo guha iyi Banki Miliyoni $500 azazamura imishinga mito yo mu Rwanda, D...
Muri Kaminuza yigisha imibare na siyansi iri mu Murenge wa Niboye Akagari ka Nyakabanda mu Karere ka Kicukioro haherutse gutahwa icyumba abahanze udushya bakoresheje ubwenge buhangano bazajya bicaramo...
Umuyobozi wa BDF Vincent Munyeshyaka yatangaje ko ikigo ayoboye cyageneye ibigo by’Imirenge SACCO Miliyari Frw 30 zo guha abakiliya bazo bafite imishinga mito n’iciriritse ariko ikoze neza, bakazayish...
Ba rwiyemezamirimo batanu bakoze imishinga myiza yahataniraga ibihembo byo muri Hanga Pitchfest 2024 bahembwe miliyoni Frw 110, bibera mu muhango wari uyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard ...
Perezida Kagame avuga ko kugira ngo urubyiruko rw’u Rwanda ruteze imbere imishinga yarwo Guverinoma yarushyiriyeho ikigega kishingira imishinga yarwo kugira ngo igurizwe na Banki, iki kikaba ik...
Mu mijyi yungirije Kigali hari kubakwa ahantu ho guhangira udushya mu ikoranabuhanga bita Incubation Centers. Ni inyubako zizaba zirimo ibikoresho byo gukoresha mu kwiga imishinga itandukanye igamije ...









