Mu Karere ka Ngoma mu mpera za Gicurasi, 2025 hazabera igikorwa cyo kwibuka imiryango y’Abatutsi yazimye, ni ukuvuga ko nta n’umwe mu bari bayigize warokotse. Tariki 31, Gicurasi, nibwo abarokotse Jen...
Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yavuze ko umubare w’imiryango ituye mu manegeka yo mu Mujyi wa Kigali ukiri munini kuko igera ku 3,131. Avuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abayigize,...
Mu Murenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke yaraye hibutswe Abatutsi bizize Jenoside yahakorewe. Bari bagize imiryango 121 yazimye ntihasigara n’umwe mu bari bayigize. Abarokokeye muri kiriya gice bav...
Prof Jeannette Bayisenge uyobora Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yabwiye abitabiriye umuhango wo kwibuka imiryango y’Abatutsi yazimye ko icyuho iriya miryango yasigiye u Rwanda ari...
Mu misa yasomewe kuri Cathédrale Saint Michel, Cardinal Antoine Kambanda yavuze ko ari ngombwa ko imiryango 15, 593 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside ikazima burundu yibukwa mu buryo bwihariye. Kwibuka ...
Abagize Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi witwa GAERG baribuka imiryango y’Abatutsi bishwe muri Jenoside ntihagira n’umwe urokoka. Kuzimya imiryango y’Abatutsi m...
Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abagize Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, ubwo bibukaga imiryango y’Abatutsi yazimye muri Jenosid...
Kuri uyu wa Gatandatu hateganyijwe igikorwa ngarukamwaka cyo kwibuka imiryango y’Abatutsi yazimye muri Jenoside yabakorewe muri 1994. Intego ya Jenoside akenshi iba ari ukwica abantu bose bagashira cy...







