Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police(CIP) Hassan Kamanzi atangaza ko hari abagabo umunani uru rwego rwafashe rubakurikiranyeho gutega abaturage igico bakabambura utwabo. ...
Mu Karere ka Nyamagabe ahateye icyayi cya Kitabi hagaragaye ibikoko byibasira icyayi bita ‘ibishorobwa’. Umwe muri ba Agronomes b’uru ruganda witwa Gérard Rugira avuga ko basuzumye basanga biriya bish...
Abo ni abasigajwe inyuma n’amateka bo Karere ka Rusizi mu Murenge wa Gihundwe mu Kagari ka Gatsiro, Umudugudu wa Tuwonane. Bavuga ko ubuyobozi bwari bwarabemereye amasambu yo guhinga kugira ngo nibeza...


