Mu nkuru iheruka yavugaga ku Karere ka Nyamasheke, Taarifa Rwanda yari yatangaje ko Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo mu Mirenge ine muri 15 ikagize, bari beguye ariko Nyobozi itarabyemeza. Kuri uyu wa...
Abatuye Imirenge yose y’Akarere ka Kayonza bahuruye mu Murenge wa Nyamirama ahateguriwe kuza kwakira Paul Kagame uri buze kuziyamamariza avuye muri Nyagatare. Kuva aho Kayonza igabanira na Rwama...
Mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Gatsibo hari amakuru yakuye abaturage umutima y’abana babo bafite imyaka itatu. Bivugwa ko batwarwa n’undi mwana w’imyaka nka 13 ariko akaba ataramenyekana ngo avug...
Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa avuga ko urwego ayobora rwashyizeho gahunda yo guhuriza hamwe Umurenge SACCO ukava ku rwego rw’umurenge ukagukira ku rwego rw’Akarere. Avuga ko SAC...
Mu Karere ka Karongi haherutse kwaduka inkongi yatwitse hegitare zirenga 20 z’amashyamba yo mu mirenge ya Rwankuba, Gitesi na Bwishyura. Meya yasabye abaturage gukaza irondo kugira ngo bajye bazimye i...
Icyonnyi kitwa Mukondo w’inyana kiravugwaho kwibasira imyaka yari yaratewe kuri hegitari 403. Icyo cyonnyi gifata ibihingwa bikiri mu butaka ntibimere. Abaturage bonewe nacyo bavuga ko bahinze imyaka...
Mu karere ka Gasabo batangije icyo bise ‘Operation Mu Mizi’ kigamije gufasha urubyiruko rw’aho ruri mu biruhuko kwibuka ko ubusambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge no kutirinda COVID-19 byashyira ubuzima...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze kuhaga...
Mu Karere ka Karongi hari abaturage babwiye Taarifa ko bagenzi babo basangirira urwagwa cyangwa ikigage bakoresheje umuheha umwe. Impungenge ni uko bazanduzanya COVID-19 hamwe n’izindi ndwara ziterwa ...







