Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Abimana Fidèle yabwiye Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko ko u Rwanda ...
Minisitiri w’ibikorwaremezo Bwana Ernest Nsabimana avuga ko muri iki gihe isi yugarijwe n’ingaruka zikomoka k’ugushyuha kw’ikirere, ni ngombwa ko ibihugu bitangira gukoresha ingufu zisubira harimo n’i...
Akamaro k’izuba si ukumurikira abatuye isi gusa no gutuma imyaka year binyuze mu byo bita photosynthis ahubwo abantu basanze imirasire yaryo ishobora kubyazwa amashanyarazi. U Rwanda rurii mu bihugu b...
Abatuye Umurenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke hafi y’ikirwa kitwa Kirehe bavuga ko Ubuyobozi bw’Akarere kabo bwafatanyije na REG kubaha ibyuma bitanga imirasire y’izuba bidakora. Ibyo byuma ngo b...
Mu Rwanda hagiye kubera inama Mpuzamahanga iziga uko amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba yaboneka ahagije kandi agakwizwa aho akenewe hose. Izaba guhera Taliki 18-20 Ukwakira 2022, ikaba yarat...
Kuri uyu wa Kane tariki 20, Mutarama, 2022 nibwo abaturage ba mbere bahawe ibikoresho bikurura imirasire y’izuba bikayibyaza amashanyarazi. Ibi byuma byaguzwe mu mafaranga yatanzwe ku bushake n’Abanya...
Abanyarwanda baba mu Rwanda no mu mahanga bamaze igihe gito bitabira gutanga amafaranga azafasha mu guha imiryango ya bagenzi babo amashanyarazi aturuka ku mirasire y’izuba. Kugeza ubu abitabiriye bu...






