Abayobozi bo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’isi bamaganye amashusho bise ko ari ay’agashinyaguro yatangajwe na Hamas yerekana bamwe mu mbohe yatwaye bunyago ‘barazingamye kubera inzara’. Ayo mashus...
Amasanduku ane arimo imirambo y’abaturage ba Israel bari barashimuswe na Hamas yageze muri Israel, yakiranwa agahinda n’umujinya ku babuze ababo. Abo baturage baguye mu bunyago ni Shiri, Ariel, Kfir B...
Nyuma yo kuraswa n’abarwanyi ba M23 zigapfusha abantu 13, ubu ingabo za Afurika y’Epfo zigera ku 2,000 zabuze uko zitaha iwabo kuko nta ndege yemerewe kugwa i Goma ngo izitware. Amakuru avuga ko hari ...
Itsinda ry’Abadepite bayobowe na Hon Odette Uwamariya basuye abaturage b’Akarere ka Bugesera, babakangurira kwitabira uburyo bwo gutwika imirambo hagashyingurwa ivu. Bari mu ruzinduko ruri muri gahund...
Umwe mu miryango itari iya Leta ikorera mu Murwa mukuru wa Sudani uvuga ko ubwinshi bw’imirambo idashyinguye bwatumye haduka indwara mu baturage. Ikindi kibazo gihari ni uko uburuhukiro bw’ibitaro byo...
Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude bigaga mu Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo barapfa. bahasiga ubuzima. Eric yari afite imyaka 11 y’amavuko n’aho Niyomu...
Imibare mishya yatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ibiza byibasiye ibice bitandukanye by\u Rwanda mu ijoro ryo kuwa Kabiri byahitanye abantu 130. Hari abandi batanu baburiwe irengero mu gihe ...
Ku myaka 28 y’amavuko, umugabo witwa Nelson Momanyi Ontita wo muri Kenya akurikiranyweho kwica abana be babiri imirambo akayijugunya mu ngarani. Umwe muri abo bana yari afite imyaka ibiri y’amavuko un...
Guverinoma ya Burkina Faso iratangaza ko hari imirambo 28 iherutse kubona ahantu yari ihishe. Kugeza ubu ntiharamenyekana uko yageze aho hantu cyangwa ngo hamenyekane abakoze buriya bwicanyi. Icyakora...
New York yabaye Leta ya Gatandatu muri Leta 51 zigeze Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje ko imirambo y’abantu izajya ifumbizwa. Gufumbiza imirambo y’abantu ngo ni igikorwa kitangiza ibidukikije nk’uko...









