Uwo ni umupaka u Rwanda rusangiye na Uganda. Abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka ku mpande zombi bahuye bemeranya ku buryo bwazakoreshwa ngo umutekano muri ibyo bice urusheho kunoga. Mu mpera z...
Perezida Paul Kagame avuga ko kugira ngo Afurika icuruzanye ari ngombwa ko imisoro ku bicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi, igabanywa cyangwa ikavanwaho. Avuga ko gukuraho izi mbogamizi ari i...
Nyuma y’uko Uburundi bwanzuye gufunga imipaka yose yo ku butaka busangiye n’u Rwanda, hari amakuru avuga ko hari Abanyarwanda 38 bafungiye muri Komini Mugina n’abandi 12 bafungiye muri Komini Rugombo,...
Abakozi b’Ubugenzacyaha babwiye abatuye Umurenge wa Gatore muri Kirehe ko abacuruza abantu babagirira nabi kugeza n’ubwo babakuramo ibice by’umubiri bakabigurisha. Ni ubukangurambaga bw’uru rwego ruko...
Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza kugeza mu minsi runaka iri imbere, Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kubwira abaturage uko icyaha cyo gucuruza abantu gikorwa, uko ba...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo kubona ko Repubulika ya Demukarasi ya Congo ikomeje ubushotoranyi, yahisemo gukaza ingamba zo kurinda imipaka yose umwanzi yacamo. Itangazo rivuga ko ibikor...
Abayobozi bo muri Repubulika ya Angola bavuga ko hari abaturage ba DRC bagera ku 25,000 binjiye muri kiriya gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Binjiriye ku mipaka itandukanye ya Chissanda, Furtuna,...
Ingabo z’u Buhinde zongerewe ku mupaka ubugabanya n’u Bushinwa. Ababonye ubwinshi bw’ingabo z’iki gihugu kuri uriya mupaka bavuga ko ari ubwa mbere hashyizwe abasirikare benshi kuri kiriya kigero. Mu...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Bwana Alain Mukuralinda yabwiye Taarifa ko amakuru y’uko u Burundi bwafunguye umupaka wabwo n’u Rwanda atarayamenya ariko ko ari buyatangaze nayamenya. Ni ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu Biro bye umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira Bwana António Vitorino. Baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo ubufatanye bwagutse hagati y’u ...









