Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura. Iri ...
Mu Mujyi wa Gitega mu Burundi hari kubakwa stade igezweho ya Basketball. Izaba ifite imyanya y’abantu 1100, ikazuzura itwaye Miliyari BIF 2,3. Radio/Televiziyo by’u Burundi bivuga ko amafaranga yo kub...
Umukino wa nyuma wahuzaga Polisi y’u Rwanda ikina Handball n’iya Uganda urangiye u Rwanda rutsinze Uganda ku manota 41 ku manota 27. Abakinnyi ba Polisi y’u Rwanda bagaragaje ubuhanga kurusha bagenzi ...
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda ya Handball (Police HC) yatsinze iya Kenya mu mikino ya EAPCCO imaze iminsi ibera mu Rwanda. Umukino wahuje Polisi zombi wabereye muri Kigali Arena. Igice cya mbere cyawo c...
Imikino ihuza Polisi zo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba irakomeje. Kuri uyu wa Kana iy’u Rwanda yatsinze iya Kenya ku maseti atatu ku busa. Ku rundi ruhande kandi umukinnyi wa Polisi y’u Rwanda w...
Umukino w’iteramakofe wahuje Polisi ya Uganda n’iy’u Rwanda mu mikino za Polisi zo muri Afurika y’i Burasirazuba iri kubera mu Rwanda warangiye Uganda itsinze u Rwanda. Hari mukino hagati y’abafite i...
Mu Rwanda hatangirijwe imikino ihuza Polisi zo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba yitwa EAPCO. Ubwo hatangizwaga iyi mikino, hari abanyacyubahiro mu nzego zitandukanye zirimo iza Polisi, iza gisirik...
Guhera mu ntangiriro z’Icyumweru cyatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 20 kuzageza taliki 27, Werurwe, 2023 mu Rwanda hazabera imikino izahuza Polisi zo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba zihurije mu ...
Nyuma yo gushyikirizwa igihembo cy’Indashyikirwa mu bayobozi b’Afurika bateje imbere umupira w’amaguru, Perezida Kagame yakebuye bagenzi be kugira ngo bakore uko bashoboye bateze imbere impano z’abatu...
Abakinnyi b’ikipe ya REG BBC bagiye muri Senegal mu irushanwa nyafurika cya Basketball, BAL. REG BBC niyo izahagararira u Rwanda muri iriya mikino. Aberekeje i Dakar barimo Nshobozwabyosenumukiza Jean...









