Abakozi b’Ishyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bagiye kwiherera ngo baganire uko bazarushaho gukora neza mu minsi iri imbere. Uyu mwiherero ubaye nyuma gato y’uko...
Umujyi wa Kigali wahaye amasezerano y’umwaka umwe ikigo kitwa CALL ME Ltd ngo kijye gikorera isuku Stade Kigali Pélé Stadium. Ni nyuma y’uko itangazamakuru rigaragaje ko iyi stade yari igiye kuba ikim...
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball y’abatarengeje imyaka 16 yatsinze irusha cyane iya Tanzania ku manota 142-48. Hari mu mukino wa kabiri mu yo gushaka itike y’Imikino Nyafurika “FIBA U16 Zone V African...
Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere Clare Akamanzi yashimye ko imikoranire y’u Rwanda n’Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Afurika, BAL, yongerewe igihe cy’imyaka itanu. Ya...
Minisiteri y’uburezi k’ubufatanye na NBA Academy Africa bari mu biganiro byo gushyira mu bikorwa gahunda y’amasomo ya Basketball n’imyigire yawo mu mashuri y’u Rwanda. Nk’uko byatangajwe na Victor W...
APR FC yaraye yegukanye igikombe cya Shampiyona cy’umwaka w’imikino wa 2022/2023 nyuma yo gutsinda Gorilla FC 2-1. Mu minsi mike ishize, Kiyovu Sports niyo yari ihanganye na APR FC ngo itware i...
Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka. Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alia...
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko guhera taliki 21, Gicurasi, 2023 mu Rwanda hazatangizwa amarushanwa y’abana bakina umukino w’amagare. Itangazo rya FERWACY rivu...
Mugabo Olivier Nizeyimana wari umaze igihe gito atorewe kuyobora FERWAFA yeguye kuri uyu mwanya. Bivugwa ko yeguye ku mpamvu ze bwite. Mu ibaruwa Mugabo Olivier Nizeyimana yasohoye yanditse ko yeguye...
Nyuma yo gufungura Gymnasium izafasha abanyeshuri bakunda Basketball kubona aho bakiyikinira, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’uyu mukino, FERWABA, ryatangaje ko haraye harangiye ingando z’abakiri bato baki...









