Umutoza w’Amavubi Frank Spittler yahamagaye abakinnyi bazakina imikino ya gicuti na Madagascar na Botswana. Uru rutonde rw’agateganyo rwatangajwe n’Umutoza Frank Spittler kuri uyu wa Gatanu tali...
Umugereki uyobora ikigo cy’imikino y’amahirwe, Premier Bet Rwanda witwa Apostolos Kalodoukas, yabwiye Taarifa urugendo iki kigo cyakoze mu ishoramari kimazemo imyaka 11 mu Rwanda n’akamaro byagiriye A...
Nyuma yo kugira ibyo batumvikanaho ndetse akabwirwa ko amasezerano ye yaseshwe, umutoza wungirije wa Addax Sport Club, Bokota Ndjoku Labama, yagaruwe mu kazi n’umuyobozi w’iyi kipe, Mvukiyehe Juvénal....
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riteganya ko muri uyu mwaka wa 2024 rizakoresha ingengo y’imari ingana na Frw 9.932.725.243 . Muri iyi ngengo y’imari, Miliyari Frw 5,73 azakores...
Mu Karere ka Gasabo hari kubakwa inzu mberabyombi izakinirwamo imikino y’amaboko ikinirwa imbere mu nzu. Ni inzu y’ishuri ya Ecole Belge de Kigali, izaba ifite ubushobozi bwo kwakira imikino itanu ita...
U Rwanda, Afurika y’Epfo na Nigeria nibyo b’ibihugu by’Afurika biri guhatanira gutoranywamo kimwe cyazakira imikino mpuzamahanga njyarugamba igize icyo muri Amerika bita Ultimate Fighting Championship...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yatangaje ko Salma Mukansanga ari mu basifuzi batazasifura imikino y’igikombe cy’imikino y’Afurika mu mupira w’amaguru mu mwaka wa ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 29, Kanama, 2023 abana bo mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge bazindukiye ku kibuga gishya giherutse kubafungurirwa ngo bagikinireho Basketball. C...
Amakuru Taarifa ikura muri Uganda aravuga ko ikipe ya Polisi y’u Rwanda itsindiye igikombe yari yahuriye ku mukino wa nyuma n’ikipe y’Uburundi yitwa Rukinzo VC ikaba yayitsinze ku maseti atatu kuri i...
Ku kibuga cy’imikino itandukanye cya Lugogo muri Kampala hari kubera imikino ya Volleyball y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba. Ikipe ya APR Volleyball Club y’abagore yakatishije itike ya ¼ cy...









