Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Patrick Nduhungirehe yasinyanye amasezerano na mugenzi we wa Hongrie Péter Szijjártó yo gufatanaya mu guteza imbere siporo. Yasinyiwe i New York ah...
Marouf Tchakei wa Singida Black Stars yo muri Tanzania yatsindiye ikipe ye igitego kimwe ku busa bwa Rayon Sports yakiniraga kuri Kigali Pélé Stadium imbere y’abafana bayo. Rayon kandi nibwo yari ikin...
Abagize ikipe y’ingimbi ya Volleyball bari mu Misiri mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika [CAVB Men’s U20 Nations Championship] gitangira kuri uyu wa 11, Nzeri,2025 mu Mujyi wa Cairo. Mu kubasezera no...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryatangaje ko umubare w’abanyamahanga bifashishwa ku mukino muri Shampiyona y’uyu mwaka bava kuri batandatu bakaba umunani. Biri mu itangazo ryagenewe...
Haba ikipe y’igihugu y’abagabo ya Basketball haba n’iy’abagore yombi yasezerewe mu marushanwa nyafurika ya Basketball yari yaritabiriye, ataha amara masa. Ikipe y’abagabo yari ihagarariye u Rwanda mu ...
Iyi kipe ya Kaminuza ya Kepler ishami ry’u Rwanda iri hafi kuzakina umukino wa nyuma yo gutsinda iya APR mu mukino wabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Abakinnyi babiri yahaye akazi nibo muri iki gihe...
Polisi y’u Rwanda k’ubufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali basanze utubari 206 tutubahiriza amabwiriza agenga imikorere y’ubucuruzi bujyanye no kwakira abantu n’imyidagaduro. Ni mu bugenzuzi...
Amakipe y’u Rwanda akina umukino witwa Sitting Volleyball mu bagabo n’abagore yatsindiye kuzakina Shampiyona y’isi izabera mu Bushinwa mu mwaka wa 2026. Iyo ntsinzi yabonetse nyuma kwitwara neza muri ...
Umukuru w’igihugu avuga ko bidakwiye kuba mu Rwanda hari abantu bakora siporo bakayizanamo bitugukwaha, amarozi n’ibindi, bikica ireme ryayo. Ni imwe mu ngingo yagarutseho mu kiganiro yahaye abanyamak...
Amakipe yo muri Uganda na Kenya azitabira irushanwa ryo kwibuka abahoze ari abakinnyi ba Volleyball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi yamenyekanye. Ni KCB-Nkumba, Ndejje Elite, Vision VC, Chazpir na S...









