Abana bahagarariye bagenzi babo baherutse kubwira abayobozi muri REMA bari babatumiye ngo baganire, ko ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zituma batajya kwiga. Uw’i Burera yavuze ko iyo ikiraro gic...
Abahinzi b’icyayi cy’u Rwanda bavuga ko umusaruro wacyo uri kugabanuka kubera izuba risigaye ryaka ari ryinshi kandi rigatangira kare rikanarangira ritinze. Umuyobozi wa Koperative y’abahinzi b’icyayi...
Si inzara iterwa n’amapfa cyangwa iterwa n’imyuzure yangiza imyaka ndetse n’indwara z’ibyorezo byugarije abantu gusa bitewe n’imihindagurikire y’ikirere, ahubwo iki kibazo kigera no ku nyubako zagizwe...


