Abakoresha n’abaturiye imihanda mishya ya kaburimbo yubatswe mu Murenge wa Nyamabuye na Shyogwe mu Karere ka Muhanga bavuga ko yamaze kwangirika itaratahwa ku mugaragaro. Amakuru avuga ko Minisitiri ...
Mu bice bimwe by’Umujyi wa Musanze hagaragara imihanda yangiritse itaramara byibura imyaka ine yubatswe. Abayubatse kandi baba barayitashye ku mugaragaro, bimeze kwemezwa ko yubatswe mu buryo bunoze. ...
Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr. Ernest Nsabimana kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gashyantare 2023 yaraye yakiriye imashini 61 nini zikora imihanda. Ni iz’ikigo kitwa ‘Construck’ gishamikiye kuri sosiyet...
Mu rwego rwo kwagura ibikorwa remezo mu Mujyi wa Kigali, ubuyobozi bwawo bwatangije icyiciro cya kabiri cyo kuwubakamo imihanda. Igiye kubakwa ubu ingana na Kilometero 70. Umushinga wose uteganya ko h...
Mu gihe imirimo y’inama ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zo mu bihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) izaba ikomeje, imwe mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali izaharirwa...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri biga i Kigali ariko bakiga bataha bazaguma iwabo mu Cyumweru CHOGM izaberamo, abanyeshuri basabwe kuzakomeza kwiyigisha bagasubira mu byo bize ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hakomeje inyigo y’uburyo ibisate bimwe by’imihanda byagenerwa imodoka zitwara abagenzi benshi, nk’uburyo bwatuma abantu bayoboka uburyo bw’ingendo rus...






