Hagati y’itariki 21 n’iya 28, Nzeri, 2025 mu Rwanda hazabera irushanwa ry’isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi. Bamwe mu bazasiganwa bashima uko imihanda y’u Rwanda ikoze, bakemeza ko n’ikirere cyarwo ...
U Rwanda rwahawe Miliyoni $ 100 ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 144 yo kunoza ubwikorezi bw’abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Inama y’ubutegetsi ya Banki y’isi niyo yaraye yemeje iby’a...
Mu mujyi wa Kigali hasanzwe abakozi bakorera ibigo byigenga bakubura imihanda, bakanatunganya ubusitani. Muri uyu Mujyi hazanywe ikamyo ifite ikoranabuhanga rikubura rikanakoropa kaburimbo, ibi bigate...
Guverinoma y’u Rwanda irateganya ko mu mpeshyi ya 2025 hari Rond-Points eshatu zo mu mujyi wa Kigali zizavugururwa mu rwego rwo kurimbisha Kigali no koroshya urujya n’uruza. Minisitiri w’ibikorwa reme...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hari kwigwa uko mu masaha y’urujya n’uruza rwinshi muri uyu mujyi hazashakwa uko imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zihabwa imihanda yazo gusa. Ni um...
Kubaka umuhanda Nyacyonga-Mukoto byatangiye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye ibice biri hagati ya Gasabo na Rulindo, ukazaba ufite uburebure bwa kilometero 35. Niwuzurira igihe cyagenwe u...
Senateri Me Evode Uwizeyimana asaba Polisi kudahisha mu masaka, mu mateke no mu bihuru cameras zifotora ibinyabiziga bikoresha moteri byiruka ku muvuduko muremure. Asaba kandi ko hagati y’icyapa cyeme...
PAC yavuze ko ubuyobozi bw’Ikigega gishinzwe kwita ku mihanda, (Road Maintainance Fund) bwatashye Imihanda kitasuzumiwe ubuziranenge ikemezwa ko ikomeye ariko ntitinde kwangirika. Ku ikubitiro iki kig...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, Rwanda Transport Development Authority, kivuga ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rubohowe hakozwe imihanda ireshya na kilometero 2774; muri yo ingana na 60% y’...
Imihanda mishya ya kaburimbo mu Karere ka Muhanga yari yaringiritse itaratahwa kubera gusondekwa, yatangiye gusubirwamo. Ibi bikozwe nyuma y’inkuru zanyuze mu itangazamukuru zinenga uko iyo mihanda yu...









