Imiterere y’u Rwanda iranyuranye kandi bigira ingaruka ku mitunganyirize n’imitangirwe y’amazi meza cyane cyane mu cyaro. N’ubwo u Rwanda rwiyemeje ko mu mwaka wa 2030 abaturag...
Mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage batuye Imidugudu itatu yegeranye bavuga ko umuriro w’amashanyarazi basaranganya aho kubabera igisubizo wabateje umwiryane. Ni umwiryane bavuga ko ukomeye ndetse...
Abaturage bo mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Kitazigurwa babwiye Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Espérance Nyirasafari na Hon Evode Uwizeyimana ko biyogazi zabo zumwe. Bavuga ko kubona icyo uteker...
Abasenateri bose batangiye ingendo mu turere twose tw’u Rwanda mu rwego rwo kureba uko muri rusange abaturage babayeho. Ni uturere tw’Intara zose n’Umujyi wa Kigali, bakazibanda k’ugusuzuma imiterere ...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rumaze gutegeka ko Jean Nsabimana uzwi nka Dubai n’abo bareganwa barimo Rwamulangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chretien na Nyirabihogo Jeanne d’Arc bafungwa iminsi 30 ...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri gukora ibishoboka byose ngo amakosa yagaragaye mu mishinga yo kubaka imidugudu yakozwe mbere atazonge...
Ubwo yaganirara n’abagize Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yavuze ko mu gufasha umuturage gutera imbere, Leta yashyizeho n...
Mu Nteko rusange ya Sena y’u Rwanda yaraye iteranye, Abasenateri banzuye ko Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente azaza kubasobanurira ingamba Leta yafashe ngo ibibazo basanze mu midugudu y’icyitege...
Senateri Marie Rose Mureshyankwano wari uyoboye itsinda ry’Abasenateri riherutse kuzenguruka u Rwanda rireba ibibazo biri mu batuye imidugudu w’Icyitegerezo avuga ko kimwe mu bibazo basanze yo ari uko...
Komisiyo Idasanzwe ya Sena yatangiye gusura imidugudu yatangiye gahunda yo gusura imidugudu y’icyitegererezo hirya no hino mu Rwanda mu rwego rwo kumenya ibibazo biyigaragaramo. Ni igahunda izabanda ...









