Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Malaria ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima bwatangaje ko mu mwaka wa 2024 abantu 800,000 barwaye iriya ndwara ihitana 80....
Hari inkuru ushobora kumva ukagira ngo ni filimi, ukumva ko bidashoka ariko mu by’ukuri ari ukuri kwambaye ubusa! Nk’ubu abahanga bari kwiga uko amaraso y’umuntu- ubundi asanzwe ari yo biryo byiza by’...
Abahagarariye abandi mu byiciro by’imibereho y’abatuye Nyamagabe bari guhugurwa ku miterere y’umubu utera malaria kugira ngo bamenye uko bazajya bawikiza ukiri muto. Ayo masomo agamije kum...
Uwo ari we wese wabaye mu gace kabamo imibu, azi ukuntu itesha abantu umutwe, ikababuza gusinzira. Imibu ibuza umuntu gusinzira ishaka amaraso ariko abahanga basanze ibifashwamo n’andi mayeri benshi t...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko ubwandu bwa malaria ku mwaka bukomeje kugabanyuka kimwe n’imibare y’abahitanwa nayo, ku buryo mu mwaka ushize wa 2020 abazize iyo ndwara bari 148, bavuy...




