Abakozi bari kuvugurura Stade Amahoro babwiye Taarifa ko hari umubiri w’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi wahabonetse. Ni amakuru yari yatangiye kuvugwa kuri uyu wa Kane taliki 13, Mata, 2023 umun...
Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rigena imikoreshereze y’ingingo z’umuntu, tisi n’uturemangingo. ‘Ingingo’ ni igice runaka mu bigize umubiri w’um...
Itangazo ubwanditsi bwa Taarifa bucyesha Umujyi wa Kigali rivuga ko kuri uyu wa Kane taliki 26, Gicurasi, 2022 ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro hazashyingurwa imibiri 9000 y’Abatutsi baziz...
Abafite ababo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi batuye mu Karere ka Ngoma n’ahandi mu Rwanda bari i Rukumberi mu gikorwa cyo gushyingura imibiri 2 500 yabonywe hirya no hino muri kariya gace guhera mu...
N’ubwo COVID-19 ikiriho ariko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 27 muri uyu mwaka bizakorwa mu buryo buha abantu bake guhura bakibuka. Umwaka ushize ho byari bikomeye kuko Icyumweru cyo ...
Mu Murenge wa Nyamabuye ahitwa i Gahogo mu Karere ka Muhanga hatangiye imirimo yo gutaburura imibiri iherutse kuhaboneka y’Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe muri 1994. Yabonetse mu busitani bw’Itore...
Mu Murenge wa Karago mu Karere ka Nyabihu habonetse imibiri bivugwa ko ari ay’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi mibiri yabonetse mu musarani uri mu rugo rw’umutu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ukuboza, 2020, mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo gushyingura imibiri 10 yabonetse mu bice bitandukanye bya kariya karere. Abitabiriye ki...
Kuva imirimo yo gucukura icyobo cyatawemo Abatutsi muri Jenoside yakorewe Abatutsi yatangira mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro, hataburuwe imibiri 5000. Ubu iri guterwa imiti mbere y’uko yoz...








