Ni icyifuzo cya Ambasaderi Jean Pierre Karabaranga wari wagiye kwifatanya n’abandi barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye bari bashyinguye imibiri iherutse...
Mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye hamaze kuboneka imibiri 1,800 y’Abatutsi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari yarajugunywe mu masambu y’abaturage cyane cyane mu y’uwitwa Hishamunda Jean Baptis...
Mu Mudugudu wa Ngoma V, Akagari ka Ngoma, Umurenge wa Ngoma mu Karere ka Huye habonetse 182 mu masambu y’abantu babiri barimo Hishamunda Jean Baptiste indi iboneka mu isambu ya Mariya Tereza utakiriho...
Mu rugo rw’Umuturage wa Ngoma mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo habonetse imibiri 119. Ni imibiri yabonetse mu ntanzi z’urugo no mu gikoni cy’umugabo witwa Jean Baptiste Hishamunda. Amakuru...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwategetse ko gucukura umucanga muri Nyakiriba wajyanwaga gukorwamo sima biba bihagaritswe kubera ko aho bawucukuraga bahabonye imibiri myinshi. Abafite ababo bashyinguy...
Amakuru tugikusanya aravuga ko hari imibiri myinshi yabonetse aho abubatsi bari gusana Stade Amahoro mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Umwe mubahubaka avuga ko imibiri babonye irenga itanu ari...
Mu Biro by’Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu hamaze igihe hari imibiri 12 iri mu bubiko bw’uyu Murenge. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo witwa Faustin Nkurunziza yabwiye Taarifa ko iyo mibir...
Mu Murenge wa Gashonga w’Akarere ka Rusizi hamaze gutabururwa imibiri 1199 y’Abatutsi biciwe kuri Paruwasi ya Mibirizi mu mwaka wa 1994 ubwo Jenoside yakorerwaga muri kariya gace. Gushakisha iriya mib...
Guverinoma ya Kenya yavuze ko ibaye ihagaritse ibyo gucukura imibiri yatawe mu cyobo kirekire kiri mu ishyamba ryitwa Shakahola kiri muri Kilifi. Impamvu ni uko imvura ari nyinshi bityo abacukuzi nabo...
Amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru avuga kuri Paruwasi ya Mibilizi mu Karere ka Rusizi hamaze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside igera kuri 350. Kuri uyu wa Kabiri taliki 25...









